- 58Traffic Rules
Iyo ikinyabiziga gifite amatara abiri cyangwa menshi y’ubwoko bumwe ayo matara agomba kugira ibara rimwe n’ingufu zingana kandi akagomba gushyirwaho ku buryo buteganye uhereye ku murongo ugabanya ikinyabizigamo kabiri mu burebure bwacyo. Ariko ibi ntibikurikizwa ku matara akurikira:
- Aitara ndangamubyimba
- Bitara ndangaburumbarare
- Citara ribonesha icyapa kiranga numero y’ikinyabiziga inyuma
- DA na B byose nibyo
Answer card
Iyo ikinyabiziga gifite amatara abiri cyangwa menshi y’ubwoko bumwe ayo matara agomba kugira ibara rimwe n’ingufu zingana kandi akagomba gushyirwaho ku buryo buteganye uhereye ku murongo ugabanya ikinyabizigamo kabiri mu burebure bwacyo. Ariko ibi ntibikurikizwa ku matara akurikira:
Igisubizo cy’ukuri: C. itara ribonesha icyapa kiranga numero y’ikinyabiziga inyuma